INGENGABITEKEREZO YA KALINGA NIYO IGEJEJE ABANYARWANDA MU KANGARATETE
13 août 2014Icyo ubwanditsi bubivugaho : ibivugwa mu biganiro by'iyi radiyo, ntabwo tubisangiye uko biri. Ariko twemera ko abanyarwanda baganira ku mateka yabo, bakajya impaka, bakinigura. Nibwo buryo bwonyine bushoboka kugirango twumvane, twumvikane, kandi twemerannywe ku mateka atubereye twese.